HIGH VIBES GANG Si Gutya cover image

Paroles de Si Gutya

Paroles de Si Gutya Par HIGH VIBES GANG


Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya
Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya

[VERSE 1]
Si gutya si gutya si gutya ntuzatubone nka Gangsters
Kgl si nd’imbuzi mbaya ntan’amajagwa ni nywera agakawa
Ese ubona byo mbivanga nkata Nguvu na Kibamba
Si gutya tubaho Mama gusa twe dufite ibanga
Nubona ndi kuma Locks ntuzibwire ngo n’imyotsi
Kw’isi bazavuga byinshi kimwe kizabyara ibindi
Ubyibuhe ngo n’aga pig mugenzi yanyweye ikinini
N’ikirara gikora umuziki cunga neza kitakurya imbiriti

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
uko niko uri wikishinga self (self)
karoli ntabwo waba ahondi

[VERSE 2]
Nicyo burya ubu nasuye ngaho chilling n’abandi
Kubaho gutya birahenda nshuti yanjye banza ukoreshe ubwenge
Iphoto iphoto isaba kwiyima siko tubaho turasanzwe
Ibyubona bikagucanga disi ubimenye ubwo byanagukanga
Inkurita bayiboni (ri) abandi ibyo bavuga sinzi (sinzi)
Highvibes mubantu hervis mu rwanda
Uwaguha kubaho nkatwe ahari kigali yakubana akadomo
Haranira kuba uwo uriwe wishaka kumera nkanjye

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
uko niko uri wikishinga self (self)
karoli ntabwo waba ahondi

[VERSE 3]
Erega cyereka yoo ubanje kumenya ijyeno
Nubundi ncamo umuvuno wallah ntahandi wabisanga ino
Mpora kugatigito uncakira imvumo ugasanga ndi mumirimo
N’agakino ntandukanye nabari mubiro
Uzane izo Dhoo gukora izina biravuna nyamara burya si gutya
Nuko dushaka gukaba ibyacu babyumvana amagana
Ngaho mutuze murebe (rebee) Trap ibakome muhunge
Si gutya ubicyeka ubundaje gutya gutya niyo gimbuu

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
Uko niko uri wikishinga self (self)
Karoli ntabwo waba ahondi

Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya

Ecouter

A Propos de "Si Gutya"

Album : Si Gutya (Single)
Année de Sortie : 2020
Ajouté par : Florent Joy
Published : Sep 16 , 2020

Plus de Lyrics de HIGH VIBES GANG

HIGH VIBES GANG

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl