Ndaje Lyrics by PRO ZED


[CHORUS]
Ndajeee naje nyakugirimana
Naje kuvuza impundu ayiii
Ngo mutsindire abanzi
Ngo munzindire abagome
Mutsindire abarozi 
Ngo mutsindire abajura aaahh

[VERSE1]
Gabanya igati wambare ikoti
Nkwegeze inote
Katira ibati give me beat nkatiri idage
Zigira iniga zikunda kuryana 
Ngo zirya abana 
Uzakore ku cyuki cyanjye 
wamenya aho inote zibera danger
nakigize icyanjye ngiha kuyanjye 
kibera icyanjye
wabona unaziza cyane zagufata 
ukanakubitwa cyanee
kubitwa imbando zibuye ibende
muri gikondo (muri gikondo)
muri gikondo turahatwika kugeza tondo
umwana arira umuha Poo, soni zose m’urugo
bashaka iki m’urugo bashaka umwe muribo
swagaru miyaga nukwirirwa wishima indaya
usinda umedita izo ndaya, abana bigira abarara
uzazi ubwenge aze gukinaa
ukina nkurase ni mishuuug 
abanzi banjye ndabakunda 
nkunda iyo bambaza iyo mba
nari muto yee impamvu yanjye 
yanganaga ururo, turye imisoro
turye amahoro bagira amahooro

[CHORUS]
Nyirorundebe Nyirorundebe
Nyirorundebe Nyirabarega 
Nyirorundebe Nyirasafari
Nyirorundebe Mukacyimenyi 
Nyirorundebe Kanyamanza
Nyirorundebe Nyirakagerwa
Nyirorundebe Nyiragacyeri

[VERSE2]
I am so sorry kigalishian
Uri kuyifata niyumishee
I am so fast ten farias 
Mureke mba find like warias
Fata time arihamwe muri verse
Ngatwikira bibiliya muri church
Ngazunguza gatoroshi muri catch 
Nshakisha umurapa waza umpiga
Nsekera nsekera ngukure tii
Nyegera nyegera nkubwire byinshi
Sepera sepera uhishe umutsi 
More abagesera nguha umuti
Tagigita ntigita tabati rya
Abihisha bihishamo mbakina
Mu izi nkoko nshyorera unduse imbwa
Ndaguha nyoko sebudukina
Maniga sindaba umutanzi
Gusa natwe tubaye snach mwashya namwe
Namwe ni fire ya Nyiramubande
Yaratwitse iteye ishyaza ba debande
Hato gato dushyire manday atazadufata natwe
Ngenda nambaye ya vany tubahikishe
Nigers tubahape
Ishyari musazanye my Men nihato natwe tubatange
Ntimunazanaduhora iruhande nihafi mucunde mutahe

Watch Video

About Ndaje

Album : Ndaje (Single)
Release Year : 2019
Added By : Florent Joy
Published : Jan 15 , 2020

More PRO ZED Lyrics

PRO ZED

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl