YOUNG GRACE Ndabazi cover image

Paroles de Ndabazi

Paroles de Ndabazi Par YOUNG GRACE


Abasore ndabazi

Yeah
Je suis naturelle
Baziko mpora ibirere (hejuru cyane)
Kugikorwa ndi muzehe aah
Ndi badman muzi hav utanca amazi
Gusa aho nkora mistake jya undabura
Ntishinga ibi bi swing ukanjabuka

Ngaho fata risk ujye unyobora
My baby boo have utankotoza
Ese uri seriye
Ubu time yanjye urayikeneye
Ko nziko abiki gihe
Muri fake ghees No singuciye amazi (sorry)

Have winkerereza nta kompe
Ya rompe wampereza bebe
(Reka reka kunjugaza utazabitamo nkaraburiza my boo)

Abasore ndabazi

Cyakoze mugira akarimi keza
Gusa kuri iyi nshuro sinaheza
Ngo nkushyire mu mutima nziko uzanyaza
Ukanyaza ukambabaza
Ere ani choice suko nkwanze shn

Nuko ibyanyu byanshanze
Abasore ndabazi
Oya ntacyo waza umbira fvck

Aho nkora mistake jya undabura
Ntishinga ibi bi swing ukanjabuka
Ngaho fata risk ujye unyobora
My baby boo have utankotoza
Ese uri seriye
Ubu time yanjye urayikeneye
Ko nziko abiki gihe
Muri fake ghees No singuciye amazi (sorry)

Have winkerereza nta kompe
Ya rompe wampereza bebe
(Reka reka kunjugaza utazabitamo nkaraburiza my boo)

 

Ecouter

A Propos de "Ndabazi"

Album : NDABAZI (Single)
Année de Sortie : 2022
Ajouté par : Afrika Lyrics
Published : Oct 02 , 2022

Plus de Lyrics de YOUNG GRACE

YOUNG GRACE
YOUNG GRACE
YOUNG GRACE
YOUNG GRACE

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl