
Paroles de Ntwari Batinya
Paroles de Ntwari Batinya Par RICHARD NICK NGENDAHAYO
Ni wowe ndirimba nshima
Niwowe Ntwari batinya
Nzi yuko Ushobora byose Ntakikunanira
Wavutse Udafite ubwoba
Ubwenge Bwawe ni Bwinshi
Gukomera kudasanzwe
N' Ukwawe
Wanyiguze mbaho ntakwiriye
Ndi mu Bwigunge
Namenye yuko ari Wowe Mana, Murage Wanjye
Yesu, Yesu, Yesu
Ndagushima
Yesu, Yesu, Yesu
Ndagushima
Ni Wowe Undeberera ndyamye
Ni Wowe Umpa guhwekera
Ibyo Nirirwanye byose
Ukabicisha Macye
Atari Wowe Sinabyuka
Nta n’ Ubwo Nakwinyagambura
Kuba byabaye si ku bwanjye
Ndashima
Ndara ntuje ndi mu bwiza Bwawe Nkarota neza
Nkangukira ku birenge Byawe Nkirirwa neza
Yesu, (Urimwiza…)
Yesu, (Urimwiza…)
Yesu, (Urimwiza…)
Ndagushima
Yesu Uri mwiza,
Ndagushira hejuru
Ndakuzamuye,
Ibyo Ukora ni byinshi
kandi bitarondoreka, ni byinshi
Ese Nagushimira nte Yesu
Birandenga nkabura
Uko Mvuga Nkaririmba
Uri Mwiza, Urabereye Yesu
Uragahora ku Ngoma
Ingoma Yawe ni Nziza
N' Ibyo Ukora ni Byiza
Uhoraho Uri Mwiza
Uhoraho Uri Mwiza
Uhoraho Uri Mwiza
Uhoraho uri Mwizaaa
(Ndagushimaaaaa)
Nyemerera, Nyemerera Ngushime Urabikwiriye
(Ndagushimaaaaa)
Nyemerera, Nyemerera Ngushime Urabibereye
(Ndagushimaaaaa)
Nyemerera, Nyemerera Ngushime Urabikwiriye
(Ndagushimaaaaa)
Nyemerera, Nyemerera ngushime
Urabibereye
(Ndagushimaaaaa)
Ecouter
A Propos de "Ntwari Batinya"
Plus de Lyrics de RICHARD NICK NGENDAHAYO
Commentaires ( 0 )
Aucun commentaire pour l'instant
Vous aimeriez sûrement
Essayez l'application Mobile
A propos de AfrikaLyrics
Suivre Afrika Lyrics
© 2025, We Tell Africa Group Sarl