MUTIMA Bazavuga cover image

Paroles de Bazavuga

Paroles de Bazavuga Par MUTIMA


Niz Beatz on Mix

Bazavuga ariko sinzigera mbitaho kuko ngukunda wowe
Kuki uncinja ibyo njye ntakoze
Mbabarira wumve amagambo nkubwira
Ndagukunda kuburyo ntaguhemukira
Uburyo umbonamo siko ndi
Ivanemo ibyo utecyereza bitankwiriye yeah yeah
Wongere ungarurire icyizere cher
Twongere twibanire nk’ibisanzwe
Maze utegereze ikizakuviramo inyungu

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Ndacyeka ko umunsi umwe uzansiga
Kubera kunkuraho icyizere
Nabonaga utinda kumva ay’abandi
Mbabarira unyumve kabiri
Nz’umutima wawe nuko utera ndabyumva
Erega kw’isi ntanumwe musa
Ndagukunda nukuri


Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Ese wowe wambwira
Kuba natandukana nawe
Nabyumva ute hoooya
Byancengura byancengura mumutima

 

Ecouter

A Propos de "Bazavuga"

Album : Bazavuga (Single)
Année de Sortie : 2020
Ajouté par : Florent Joy
Published : Sep 14 , 2020

Plus de Lyrics de MUTIMA

MUTIMA

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl