ISRAEL MBONYI Nturi Wenyine cover image

Paroles de Nturi Wenyine

Paroles de Nturi Wenyine Par ISRAEL MBONYI


[VERSE 1]
Nukuri uramukunda
Nubwo yagiye Kure
Ni nk'umwana w'ikirara
Ataka nk'uhumeka umwuka wanyuma

Umufite ku mutima
Nubwo yakoze ibibi  byinshyi
Yuzuye isoni  nikimwaro
Maze umwibutsa yuk yacunguwe  
Umutima ugasimbuka
Akaririmba izamazamuka

[CHORUS]
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe

[VERSE 2]
Ese ni hehe kure Cane umuntu yayobera
Nizihe mnbaraga zicyaha zatuma umwibagirwa      
Ko ubuntu bwawe burenga cyane
Kandi mubacunguwe , Uwo  nawe yararimo

[CHORUS]
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe

[BRIDGE]
Ndetse no kudatungana kwanjye iyo bibaye  
Imbabazi zawe nibwo zigwira ukaboneka ko ukiranuka
Oooooh -------  oooh
Kuko mubacunguwe nukuri nari ndimo  

[CHORUS]
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe

Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe          
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine          
Imisozi igatangara , erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe         

Ecouter

A Propos de "Nturi Wenyine"

Album : Nturi Wenyine (Single)
Année de Sortie : 2019
Ajouté par : Farida
Published : Oct 18 , 2019

Plus de Lyrics de ISRAEL MBONYI

ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl