HERVIS BEATS  Tujye Gesenga cover image

Paroles de Tujye Gesenga

Paroles de Tujye Gesenga Par HERVIS BEATS


Manika manika kandi rikakatira
Nawe nyamabara ibara ryakubera itara
Manika murika gana inzira ya Kiliziya
Kandi zirakora ntanu mu Papa ujya ukatira
Ese ujya wibuka ko umwami Yesu ajya abikora
Kandi iyo abikoze ko mbona ntani gikwama
Nyamara simpaka n’inama njye nakugiraga
Yicyaguhoza amarira kandi ibyo byose bigashira

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Tujye gusenga Imana idukureho umwanda

Imana ijya itaba inapanga
Rurema wenyine niwe nyirububasha
Njya mfasha nyirumuganda
Mukorere nzabone Imana
Sinzagoterwe mumahanga ndi
Mu isi Niger njyewe ndataha
Bigeze igice cy’urubanza
Munsengere njye mbonereyo kwanza
Satani nubwo ujya umwanga
Waratsinzwe ubu uri mukaga
Warakubiswe uri bazanga
Ubuzima ntacyo dupanga
Mparanira kubona ikamba
Amaso yanjye ni ku Mana

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Kubu konjye nari high ukaba
Umbwira ngo njye gusenga
Ese ubundi ubwo ibyo birarenze
Nsengeye aha ntiyabyumva
Wenda reka tugende wabona ibyo
Nsenga ari na Nyabingi
Plot irigara ndakwepye nsanze
Imana njye sinshaka Polisi
Maniga mureke izo high mukatire
Ibyaha tujyane gusenga
Twiyambaze Imana idushoboze amaso
yacu tuyahange umusaraba

Saba icyo ushaka iraguha ibyo
Itanga byose ni Mugura
Mvuye ama street nemeye icyaha ngiye gusenga

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Ecouter

A Propos de "Tujye Gesenga"

Album : Tujye Gesenge (Single)
Année de Sortie : 2019
Ajouté par : Florent Joy
Published : Sep 18 , 2019

Plus de Lyrics de HERVIS BEATS

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl