
Paroles de POZ
...
Paroles de POZ Par CHRISTOPHER MUNEZA
Amahitamo yanjye yabaye wowe gusa ah
Igihe waziye eeh (igihe waziye)
Nasanze ntawakuruta ah
Ntanuravuka ah
Byose Nasanze tubisangiye iyeh
Ndakubura nkaba stresser
Je comprends pas baby
Nanga kwifata uko mbonye ngo utazansiga ah
Ibyangue Bikaribwa n’inyoniiiiin
Ibyo unkorera ntavuze mbona ari magie
J’ai besoin de toi dans ma vie
Monalisa wange sinzakuva Iruhande eh
Sinzatuma Hari ikikuriza t’inquiete pas
Monalisa wange sinzakuva Iruhande eh
Sinzatuma Hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima utuze
Sinzatuma hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima utuze
Sinzatuma hari ikikuriza t’inquiete pas
Wanpaye title beibe
Rwose ntacyo utakoze kuva igihe Waziye eeh
Waraje irunga riragenda (genda)
N’ingeso mbi ziragenda (genda)
None ubuzima buragenda ntago Nyitinya
Ubu nakwitanga nukuri rata
Dore nawe twanajya impaka nawze Twasigana
Sinkunda ibinsaza natwe tuzisanga nizina rya
Mama mbikira iryo banga ah
Nanga kwifata uko mbonye ngo utazansiga ah
Ibyangue Bikaribwa n’inyoniiiiin
Ibyo unkorera ntavuze mbona ari magie
J’ai besoin de toi dans ma vie
Monalisa wange sinzakuva Iruhande eh
Sinzatuma Hari ikikuriza t’inquiete pas
Monalisa wange sinzakuva Iruhande eh
Sinzatuma Hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima utuze
Sinzatuma hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima utuze
Sinzatuma hari ikikuriza t’inquiete pas
Ecouter
A Propos de "POZ"
Plus de Lyrics de CHRISTOPHER MUNEZA
Commentaires ( 0 )
Aucun commentaire pour l'instant
Vous aimeriez sûrement
Essayez l'application Mobile
A propos de AfrikaLyrics
Suivre Afrika Lyrics
© 2025, We Tell Africa Group Sarl