
Paroles de N'ubwo Ikibi Gifite Imbaraga
Paroles de N'ubwo Ikibi Gifite Imbaraga Par KIZITO MIHIGO
N’ubwo ikibi gifite imbaraga
N’ubwo isi ya none ikunda ikibi
Ikakimika
Ikakigira umuco wayo
Sinashobora kwibagirwa
Amasezerano twagiranye
Ubwo nari nitaruye ibi byose biturangaza
Bikaduha andi matwara
Bigatuma umubisha avuga
Ati :’ngaha aho babogamiye
Nzahabatemera mbagushe ntibabimenya
Karame mwungeri mwiza
Karame muyobozi mwiza
Karame!
Karame soko y’ibyiza
Karame mubyeyi udukikiye!
Nahera hehe ngira nti
“Nkwimye amatwi”
Nahera hehe ngira nti
“Nkwimye amatwi”
Ko ari wowe untunze kugeza magingo aya
Ko ari wowe untunze kugeza magingo aya
Ecouter
A Propos de "N'ubwo Ikibi Gifite Imbaraga"
Plus de Lyrics de KIZITO MIHIGO
Commentaires ( 0 )
Aucun commentaire pour l'instant
Vous aimeriez sûrement
Essayez l'application Mobile
A propos de AfrikaLyrics
Suivre Afrika Lyrics
© 2025, We Tell Africa Group Sarl