Nyereka Lyrics by SHIZZO AFROPAPI


Dr NGANJI on the beat
Nyereka ka ka ka
Bugayiwood
On time
Shwishwii da

[CHORUS]
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka…
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya


[VERSE 1]
Nyereka umwanzi mucishemo ijisho muce amazi
Ngirira bwangu nsiga icyangwe nirye kwizi kwangu
Mwene Ngango tuzapfe ikindi apana ibigambo
Shaka ifungo reka beef garuka mumuryango
Nanjye sindi Padiri gusa ntaribi
Nyuma yibi tuzahurira mumarimbi kure y’imbibi

Ngaho menya ibyawe nanjye menye ibyanjye
Maniga kina izawe nanjye nkine izanjye
Muri Faux muri fake snitch snakes nakoze mistake
But now I regret it’s never too late
For reality check jealous and hate never relate
Ima keep it one hundred minding my business
Ntabyamahane Lord is my witness
Mana wee nyereka ikiri mumitima yabo
Menye uko nifunga munzira zabo
Abantu nkabo batembereze
Nubundi nasanze abarezi ntakeza kabo
nyereka ikiri mumitima yabo
Menye uko nifunga munzira zabo
Abantu nkabo batembereze
Nubundi nasanze abarezi ntakeza kabo


[CHORUS]
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya


[VERSE 2]
Nyereka imitego ntaruka
Kumavi mfukamye ngusaba
Nyereka inzira yo kunyura
Ahari urwango mubantu ujye undabura
Ndinda unshyire kure y’imitima yamunzwe
ubu itakiri mubuzima nugukoraho bagahirima
ambonamo ikizere cy’ubuzima
natsinze umubisha
umurimo ifuni namukomye ndayihisha
ifundi yambonye ubwo iguruka
nyamirambo amakuru ajya I Bugoyi
ibwota masimbi ni Kigali
amatariki twari munkoni
nibwo yadukuye mu isoni
abanzi bibanyura mumboni
tega amatwi abiri
amaso nyahanze aho nifuza kuba ndi
ubugira kabiri, nabimenye igicuku ndi muburiri
byaje nk’urumuri nisanga natse mubyukuri ntakiri
cumi na kabiri imibare ibiri ubanza ubwo ni kabiri
ukomeze ushime uwapinze burya yabimenye bitinze
wongere umusabe burya kukwereka ibyo yagutsibye

ukomeze ushime uwapinze burya yabimenye bitinze
wongere umusabe burya kukwereka ibyo yagutsibye


[CHORUS]
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya
Nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka nyereka
Nyereka abo tujyana
Unkize abishushanya

Watch Video

About Nyereka

Album : Nyereka (Single)
Release Year : 2019
Added By : Florent Joy
Published : Aug 27 , 2019

More SHIZZO AFROPAPI Lyrics

SHIZZO AFROPAPI
SHIZZO AFROPAPI
SHIZZO AFROPAPI
SHIZZO AFROPAPI

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl