Ntiza Lyrics by MR KAGAME


Madebeat on the beat (Harimo)
HI5 Mzee

Ntiza nanjye numveho
Ntiza nanjye numveho oho
Ngirira imbabazi mpuheho
Kuko nanjye sinkitereta
Yo

Sicurika icupa
Umva tokeni niyo nshaka
Ubu meze nkishovari
Umunara wibaberi ukeneye kugushwa
Umva ako kantu
Baby nagukora ahantu (wewe)
Nakuzengereza cyane ukajya
Ariko rimwe usanze (wewe)
Pfitemo high zanjye
Ntiwabasha gutaha
Babe tu es magique aca
Nagucanganya ukaremba
Ubishaka utabishaka
Uzicyo bita amour (aca)
Uzaze wumve uwanjye uburyo nkora cyikaza

Abahungu bi ikigali
 Bagufashe nkumurimbo
Njye ibyanjye ntago
 Ubizi burya nagucapa fimbo
Napfura utwo twatsi nkumwana muto
Nashingambo ipoto ntabyimikino

Ntiza nanjye numweho
Ntiza nanjye numveho
Ngirira imbabazi mpuheho
Kuko nanjye sinkitereta

Ntibigeze batereta (tereta)
Bagaza bavuguta (oya)
Ntibigeze batereta (tereta)
Bazaga bavuguta

Siko nkora erega
Ubundi ndakijijwe
Nuko umubiri uryana
Njyubundi nshinga ivi kubushake
Rubunabataka yanjye yo karite
Uku nakwihirinzeho cyane
Uramene ntutume ndira noo (eyii)
Ndumva mfite ipfa byo gupfa
Ngirira vuba maze ntahe
Umuzigo wicyamamare
Ubaze abawuzi sinjya nsondeka

Ntiza nanjye numveho
Ntiza nanjye numveho
Ntiza nanjye numveho
Ngirira imbabazi muheho
Kuko nanjye sinyitereta
Ntibigeze batereta
Bagaza bavuguta (oya)
Ntibigeze batereta (tereta)
Bazaga bavuguta

Harimo

Watch Video

About Ntiza

Album : Ntiza (Single)
Release Year : 2020
Added By : Afrika Lyrics
Published : May 17 , 2020

More MR KAGAME Lyrics

MR KAGAME
MR KAGAME
MR KAGAME
MR KAGAME

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl