YANNICK DUSHIME Nzakwitaho cover image

Nzakwitaho Lyrics

Nzakwitaho Lyrics by YANNICK DUSHIME


Igihe kinini nkimara, nibaza uko ejo nzabaho
Nkahangayikishwa n'uko nzarya n'uko nzambara
Rimwe nkabura amahoro, ndetse nkabura ibitotsi,
N'ibyo ntekereje gukora bigapfa ubusa,
Ni uko nafashe igitabo, maze nsoma urwandiko
Nandikiwe n'umugabo wabiremye

Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO

Nawe waba, wari ugeze k'umugoroba w'ubuzima bwawe
Ubona ntanzira,nyamara siryo herezo,ry'ubuzima bwawe
Ngaho fata igitabo,maze usome urwandiko
Wandikiwe n'umugabo wabiremye

Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO
Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO

Watch Video

About Nzakwitaho

Album : Nzakwitaho (Single)
Release Year : 2021
Added By : Farida
Published : Jun 18 , 2021

More YANNICK DUSHIME Lyrics

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl