Ibaruwa Lyrics by RACINE


Muti wa bic wishira nsoze gu tanga intashyo
Ngendana i gi se be amarira azenga mumaso dore
Wasize uruheko amateka ajyaho umuseno
Umugore ahabwa umunnyego abana bahabwa umuneno
Nihe hari urugamba basi nshete aka gahanga 
Nguyaguye ab’ibihanga wenda baguha umuyaga
Nabuze aho nkukura ntegereza call yawe 
Dore wakatiwe I my aka mukirwa cya yorodani
Dore ukumbuye agatabi amasengesho kugasambi
Dore maze kuba I ngi mbi ndi kukwambarira ishati
Aho uri ntanjyemu ijyayo , Fata agafoto n’isaro 
Mama n’uburiza ujye utureba nryamye kwisaso
Calendar n’utuziga umunsi uko ushize ndavivuva
Washizemo cyane nk’inka bahira bashitura
Aho uba ntago mpumva mumva habura gushyingura
Ngutumyeho akanyange n’agatonyanga k’inyange
Soma iyi page nturire nubwo uri brigade
Urushinge ntirugenda ntabyishimo ntakigenda
Nta visite nta kugenda ntaka beer nagucemba

Soma iyi baruwa, mbere y’uko mpfa
Kubw’urukumbuzi ngufitiye eeh
Ahari iyo nza kuba, shenge ndi kumwe nawe
Simba nkiri muri ubu bukonje

Yeeh
Sindi scofield sinzi amayeri njye ngurabare 
Wansize ino mugihugu singombwa ngo nsama
Amakuru ki? Muri 40, na makuru chi
Sindyama amaso areba parafo ya konoshe
Nzi code yanfu sinzarambirwa kuguha aya bougie
Nta ruswa ko yacitse mugihugu nyihe conseille
Kora igihano utuje humura nti waduhombeye
Tugurisha isambu tugurisha epfo na ruguru
Imanze n’ijurira inkiko nzimaza amaguru 
Isi itubana isayo irakuducapuru hubu 
Calendar n’utuziga umunsi uko ushize ndavivuva
Washizemo cyane nk’inka bahira bashitura
Aho uba ntago mpumva mumva habura gushyingura
Ngutumyeho akanyange n’agatonyanga k’inyange
Soma iyi page nturire nubwo uri brigade
Urushinge ntirugenda ntabyishimo ntakigenda
Nta visite nta kugenda ntaka beer nagucemba

Soma iyi baruwa, mbere y’uko mpfa
Kubw’urukumbuzi ngufitiye eeh
Ahari iyo nza kuba, shenge ndi kumwe nawe
Simba nkiri muri ubu bukonje

Watch Video

About Ibaruwa

Album : Ibaruwa (Single)
Release Year : 2021
Added By : Florent Joy
Published : Sep 07 , 2021

More RACINE Lyrics

RACINE
RACINE

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl