ISRAEL MBONYI Nzibyo Nibwira cover image

Nzibyo Nibwira Lyrics

Nzibyo Nibwira Lyrics by ISRAEL MBONYI


Nind’ ushaka kugira ubwiza
Ukeneye icubahiro
Ngaho nagende abishakishe
Gukora ibyiza ubudacogora
We ntiyite ku maso y’abantu
Kuk’ ubwabo ntibamukunda
Ahubwo yite kw’izina mwita
Kuko nd’imana yamuremye
Nind’ ushaka kugira ubwiza
Ukeneye icubahiro
Ngaho nagende abishakishe
Gukora ibyiza ubudacogora
We ntiyite ku maso y’abantu
Kuk’ ubwabo ntibamukunda
Ahubwo yite kw’izina mwita
Kuko nd’imana yamuremye

Nz’ibyo nibwira kubagirira
Kugira ngo mbareme umutima
W’ibizaza, ndabakunda
Ngaho mugende mubwire abababaye
Muhumurize abakomeretse
Mubabwire baze barebe
Dufite imana itajya ihinduka
Yadusanze twigaragura
Mw’ivata, idukuramo
Iratweza, iratubabarira
Ikirut’ ibindi idusezerany’ ubugin

Ngaho gend’ uhagarare ku munara
Utegereze icyo nzavuga
Wimire amajwi yose ya satani
Uhore witoza gukiranuka
Gend’ usenge wonger’ usenge oooh wongerusenge
Utandukanye gusenga kwawe
Kuk’ ariho nzagukiriza
Nzatanga ingabo nyinshi zipfe ku bwawe

Nz’ibyo nibwira kubagirira
S’ibibi ahubwo ni ibyiza
Kugira ngo mbareme umutima
W’ibizaza, ndabakunda

Ngaho mugende mubwire abababaye
Muhumurize abakomeretse
Mubabwire baze barebe
Dufite imana itajya ihinduka
Yadusanze twigaragura
Mw’ivata, idukuramo
Iratweza, iratubabarira
Ikirut’ ibindi idusezerany’ ubugin

Ngaho mugende mubwire abababaye
Muhumurize abakomeretse
Mubabwire baze barebe
Dufite imana itajya ihinduka
Yadusanze twigaragura
Mw’ivata, idukuramo
Iratweza, iratubabarira
Ikirut’ ibindi idusezerany’ ubugin

Watch Video

About Nzibyo Nibwira

Album : Nzibyo Nibwira
Release Year : 2020
Copyright : ©12stones
Added By : Farida
Published : Mar 28 , 2020

More ISRAEL MBONYI Lyrics

ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI
ISRAEL MBONYI

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl