Ceza Lyrics by GAUCHI THE PRIEST


Yeeeaah ….aaaahh
Gauchi Gauchi the Priest

Niba ukunda kuryoshya
Ngwino turyoshye ubuzima
Iby’ejo bibara abejo
Uramenye ntiwihebe
Bavuga ko twasaze
Nyamara turamaze
Njyewe nzi ibyanjye
Uramenye ntunsaze

Niba ukunda gutigisa umubiri
Duhurire iwanjye
Niba ukunda kuryoshya kandi
Uze witeguye
Aha hantu harabantu bafite
Ubwenge bazi icyo bashaka
Bazi gukora mumibyizi gusa
Weekend ikababona
Bagucugusa ifiriti biyumvira
Umuziki w’i Rwanda banawuceka
Bagacugusa iby’inyuma biyumvira
Ibibamara imbeho n’umunaniro
Kamu unapenda kudenca sema eeehhh
Kamu napenda muziki sema ooohh

Niba ukunda kuryoshya
Ngwino turyoshye ubuzima
Iby’ejo bibara abejo
Uramenye ntiwihebe
Bavuga ko twasaze
Nyamara turamaze
Njyewe nzi ibyanjye
Uramenye ntunsaze

Narindushye cyanee
Nkwiyima kunanezeza roho
Mbifata nko kwiyahura
Kamu unapenda kudenca sema eeehhh
Kamu napenda muziki sema ooohh
Ibi bintu tubamo duhangayika
Dutigita dushaka nuko tubaho
Iyo warotse jya ufata akanya ubyine
Unashime uhoroha jya uhaguruka
Kamu unapenda kudenca sema eeehhh
Kamu napenda muziki sema ooohh

Niba ukunda kuryoshya
Ngwino turyoshye ubuzima
Iby’ejo bibara abejo
Uramenye ntiwihebe
Bavuga ko twasaze
Nyamara turamaze
Njyewe nzi ibyanjye
Uramenye ntunsaze

Ceza ceza (cezaa)
Ceza ceza (cezaa)
Nawe ngwino eh ehh
Utubyinire eh eh ikinimba
Ikinimba eeehh
Kamu unapenda kudenca sema eeehhh
Kamu napenda muziki sema ooohh

Watch Video

About Ceza

Album : Collabo (Album)
Release Year : 2020
Added By : Florent Joy
Published : Jan 15 , 2020

More GAUCHI THE PRIEST Lyrics

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl