
Paroles de Ndabigukundira
Paroles de Ndabigukundira Par YVANNY MPANO
Hummm
Yvanny Mpano
Pastor P, respect man
Hari umuntu muhura
Akakurutira abandi
Akaguha umwanya
Akagutega amatwi
Yaguha urukundo
Bikaguha umutuzo
Yamara kugenda ugasigara ubabaye
Hari umuntu muhuza
Bikaba nk’ubufindo
Byaba amahire mukibanira
Hari uwo mubana
Akakubera imfura
Wajya gusaza akagusubiza i busore
Uko nguko niko waje mu buzima bwanjye
Imyifatire n’imico urabihindura
Wahaye agaciro amaranga mutima yanjye
Ntibibarika ibyo nkukundira
Wansogongeje urukundomaze nshira inyota
Ibyo Ndabigukundira
Wameneye ibanga wari warahishe abandi
Ibyo Ndabigukundira
Ngiy’impeta ihamy’urukundo
Ibyo Ndabigukundira
Wameneye ibanga abandi batazi
Ibyo Ndabigukundira
Ntiduhuza imigambi
Gusa duhuza uko imitima itera
Uwanjye mu wawe tera nikirize
Ntiduhuza amabanga
Gusa nubwo dufitanye menshi
Usobobanye amahirwe
Mu buzima bw’umuntu
Umunsi umwe naricaye yehyeh
Mfata icyemezo niya gushaka urubavu nabuze
Nuko nkusaba Kunyuzuza
urabyemera non ubu nduzuye
Uuuhhh
Uko nguko niko waje mu buzima bwanjye
Imyifatire n’imico urabihindura
Wahaye agaciro amaranga mutima yanjye
Ntibibarika ibyo nkukundira
Wansogongeje urukundomaze nshira inyota
Ibyo Ndabigukundira
Wameneye ibanga wari warahishe abandi
Ibyo Ndabigukundira
Ngiy’impeta ihamy’urukundo
Ibyo Ndabigukundira
Wameneye ibanga abandi batazi
Ibyo Ndabigukundira
Ecouter
A Propos de "Ndabigukundira "
Plus de Lyrics de YVANNY MPANO
Commentaires ( 0 )
Aucun commentaire pour l'instant
Vous aimeriez sûrement
Essayez l'application Mobile
A propos de AfrikaLyrics
Suivre Afrika Lyrics
© 2025, We Tell Africa Group Sarl