Paroles de N'uwanjye Par SERGE IYAMUREMYE



Iy’isi izashira Yesu n’uwanjye
Nubwo byose byabura 
Yesu ubwo ar’uwanjye 
Ubu harijimye Ntiturareba iwe
Tuzanezerwa cyane ni tubana nawe

Sinzajya nanirwa Yesu n’uwanjye
Nzatsinda amashya yose 
Yesu ubwo ari uwanjye
Byose nibishira ntacyo bizantwara
Uzansanga amahoro 
Yesu ubwo ari uwanjye

Hoshi mwe nzozi mbi 
Yesu n’uwanjye 
Naho byatinda gucya 
Yesu ubwo ari uwanjye 

Umutima wanjye yarawuhagije 
Ubu ndi kumwe nawe
Yesu uwo n’uwanjye

Genda wa rupfu we
Yesu n’uwanjye
Nzahorana nawe 
Yesu uwo n’uwanjye
Kandi urukundo rwe
Nibyo ajya ankorera 
Nibyo binyereka ko 
Yesu uwo ari uwanjye

Imbabazi n’urukundo
Byankuyeho urubanza (urubanza n’urupfu)
Imbabazi (zawe) 
N’urukundo 
Byankuyeho urubanza 
n’urupfu (warabirangije)
Imbabazi n’urukundo 
Byankuyeho urubanza n’urupfu
Imbabazi n’urukundo 
Byankuyeho urubanza n’urupfu

Ecouter

A Propos de "N'uwanjye"

Album : N'uwanjye (Single)
Année de Sortie : 2019
Ajouté par : Florent Joy
Published : Oct 25 , 2019

Plus de Lyrics de SERGE IYAMUREMYE

SERGE IYAMUREMYE
SERGE IYAMUREMYE
SERGE IYAMUREMYE
SERGE IYAMUREMYE

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl