Paroles de Ndaje Par PRO ZED


[CHORUS]
Ndajeee naje nyakugirimana
Naje kuvuza impundu ayiii
Ngo mutsindire abanzi
Ngo munzindire abagome
Mutsindire abarozi 
Ngo mutsindire abajura aaahh

[VERSE1]
Gabanya igati wambare ikoti
Nkwegeze inote
Katira ibati give me beat nkatiri idage
Zigira iniga zikunda kuryana 
Ngo zirya abana 
Uzakore ku cyuki cyanjye 
wamenya aho inote zibera danger
nakigize icyanjye ngiha kuyanjye 
kibera icyanjye
wabona unaziza cyane zagufata 
ukanakubitwa cyanee
kubitwa imbando zibuye ibende
muri gikondo (muri gikondo)
muri gikondo turahatwika kugeza tondo
umwana arira umuha Poo, soni zose m’urugo
bashaka iki m’urugo bashaka umwe muribo
swagaru miyaga nukwirirwa wishima indaya
usinda umedita izo ndaya, abana bigira abarara
uzazi ubwenge aze gukinaa
ukina nkurase ni mishuuug 
abanzi banjye ndabakunda 
nkunda iyo bambaza iyo mba
nari muto yee impamvu yanjye 
yanganaga ururo, turye imisoro
turye amahoro bagira amahooro

[CHORUS]
Nyirorundebe Nyirorundebe
Nyirorundebe Nyirabarega 
Nyirorundebe Nyirasafari
Nyirorundebe Mukacyimenyi 
Nyirorundebe Kanyamanza
Nyirorundebe Nyirakagerwa
Nyirorundebe Nyiragacyeri

[VERSE2]
I am so sorry kigalishian
Uri kuyifata niyumishee
I am so fast ten farias 
Mureke mba find like warias
Fata time arihamwe muri verse
Ngatwikira bibiliya muri church
Ngazunguza gatoroshi muri catch 
Nshakisha umurapa waza umpiga
Nsekera nsekera ngukure tii
Nyegera nyegera nkubwire byinshi
Sepera sepera uhishe umutsi 
More abagesera nguha umuti
Tagigita ntigita tabati rya
Abihisha bihishamo mbakina
Mu izi nkoko nshyorera unduse imbwa
Ndaguha nyoko sebudukina
Maniga sindaba umutanzi
Gusa natwe tubaye snach mwashya namwe
Namwe ni fire ya Nyiramubande
Yaratwitse iteye ishyaza ba debande
Hato gato dushyire manday atazadufata natwe
Ngenda nambaye ya vany tubahikishe
Nigers tubahape
Ishyari musazanye my Men nihato natwe tubatange
Ntimunazanaduhora iruhande nihafi mucunde mutahe

Ecouter

A Propos de "Ndaje "

Album : Ndaje (Single)
Année de Sortie : 2019
Ajouté par : Florent Joy
Published : Jan 15 , 2020

Plus de Lyrics de PRO ZED

PRO ZED

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl