
Paroles de Agakiza
...
Paroles de Agakiza Par PATIENT BIZIMANA
Nzabwira abantu bose kugira neza iyataba
Ari wowe nari kuba uwande
Wankuye kure cyane unzana mu rugo
Nzabwira abantu bose kugira neza iyataba
Ari wowe nari kuba uwande
Wankuye kure cyane unzana mu rugo
Mwami Ubuntu bwawe burampagije
Agakiza kawe karampagije
Buri munsi mbona ineza yawe
Sinkiri imbata yicyaha
Njye nakiriye ya mpano yagakiza
Karampagije eh karampagije
Karampagije eh karampagije
Umunwa wikuzimu wari kumira bunguri
Igihe nkiki nari kuba narasibanganye
Ndetse wa mwuzure wari kuntembana
Umunwa wikuzimu wari kumira bunguri
Igihe nkiki nari kuba narasibanganye
Ndetse wa mwuzure wari kuntembana
Mwami Ubuntu bwawe burampagije
Agakiza kawe karampagije
Buri munsi mbona ineza yawe
Sinkiri imbata yicyaha
Njye nakiriye ya mpano yagakiza
Karampagije eh karampagije
Karampagije eh karampagije
Sinkiri imbata yicyaha
Njye nakiriye ya mpano yagakiza
Karampagije eh karampagije
Karampagije eh karampagije
Agakiza kawe karandyoheye
Buri ntunzwe naza mbabazi
Urukundo rwawe ruranyuze
Agakiza kawe karandyoheye
Buri ntunzwe naza mbabazi
Urukundo rwawe ruranyuze
Mwami Ubuntu bwawe burampagije
Agakiza kawe karampagije
Buri munsi mbona ineza yawe
Sinkiri imbata yicyaha
Njye nakiriye ya mpano yagakiza
Karampagije eh karampagije
Ecouter
A Propos de "Agakiza"
Plus de Lyrics de PATIENT BIZIMANA
Commentaires ( 0 )
Aucun commentaire pour l'instant
Essayez l'application Mobile
A propos de AfrikaLyrics
Suivre Afrika Lyrics
© 2025, We Tell Africa Group Sarl