NTAMBARA FRED Ntabwo Nkwiye Kujya Niganyira cover image

Paroles de Ntabwo Nkwiye Kujya Niganyira

Paroles de Ntabwo Nkwiye Kujya Niganyira Par NTAMBARA FRED


Nta bgo nkwiye kujya niganyira
Nibaza’ukwejo nzaba merewe
Nzajya nibuka yukw ihoraho
Imeny’ ibyo byose’ uko bingana
Ifit’ umtima w’urukundo
Kukw ijy’ intungish’ ibikwiriye
Umunezero n’umubabaro
Byose’ abinzaniramw amahoro
Ifit’ umtima w’urukundo
Kukw ijy’ intungish’ ibikwiriye
Umunezero n’umubabaro
Byose’ abinzaniramw amahoro

Amba hafi ndetse buri munsi
Kand’ angerer’ ubuntu bunkwiye
Ajy’ anyikorerer’ imitwaro
Ni we data kandi ni we mana!
Nguk’ ukwo ajy’ antunga buri munsi
Ajy’ andamira mur’ ibyo byose
Buri munsi’ azajy’ amp’ imbaraga
Iryo n’isezerano yampaye
Nguk’ ukwo ajy’ antunga buri munsi
Ajy’ andamira mur’ ibyo byose
Buri munsi’ azajy’ amp’ imbaraga
Iryo n’isezerano yampaye

Mana yanjye, komez’ ujy’ umfasha
Ngutaramire ntez’ icyumbgira
Mpore nizey’ ijambo wambgiye
Sinka bure ku mbaraga zawe
No mu bikomeye birih’ ubu
Undamburir’ amaboko yawe
Ump’ imbaraga ku buntu bgawe
Kugez’ igih’ uzaza kunjyana
No mu bikomeye birih’ ubu
Undamburir’ amaboko yawe
Ump’ imbaraga ku buntu bgawe
Kugez’ igih’ uzaza kunjyana
No mu bikomeye birih’ ubu
Undamburir’ amaboko yawe
Ump’ imbaraga ku buntu bgawe
Kugez’ igih’ uzaza kunjyana
No mu bikomeye birih’ ubu
Undamburir’ amaboko yawe
Ump’ imbaraga ku buntu bgawe
Kugez’ igih’ uzaza kunjyana

Ecouter

A Propos de "Ntabwo Nkwiye Kujya Niganyira"

Album : Ntabwo Nkwiye Kujya Niganyira
Année de Sortie : 2019
Ajouté par : Farida
Published : Apr 15 , 2020

Plus de Lyrics de NTAMBARA FRED

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl