KIRIKOU AKILI My Story cover image

Paroles de My Story

Paroles de My Story Par KIRIKOU AKILI


Iza kurisha bujya ihera kunama
Kandi wibuke yuko ntakiruta Imana
ubyibutse uzohore upfukama usenge
Bavuga ngo aho umworo yanikiye
Ntibyuma ariko Imana ishatse urebyereka ikirenge

[CHORUS: Inès Raguel]
Listen to my story (my story)
This is my story eh eh eh
Ntibyari byoroshe
(Ntibyari byoroshe)
Ntibyari byoroshe)
(Ntibyari byoroshe)
Ntibyari byoroshe ariko
Imana yarabanye nanjye

[VERSE 1]
Ubuzima n’ishuri kenshii tugenda twiga
Benshi twifuza kwamana mugabo bakadusiga
Twarurugendo ruhanitse imitego myinshi ndayisimba
Nkagumya nsaba Imana kuza kundinda
Inkuru y’ubuzima kuba nkiriho ndashima
Reka jya menyo umutima ndabivuge mpereye kuby’inyuma
Imana itanga ijambo uvuge cyane wahora unuma
Kwihakanwa m’ubuzima byanshikiye nkikomeza
Kw’isi nahasanze urwango
Mumuryango n’ababyeyi baranyihakanye hose
Mama niwe wari umugenzi inshuti yanjye narotse
Mama aronka umugabo uko nabicyekega
siko nabisanze mugabo
Mama yifuzaga kumbera umubyeyi nkamubera umwana
Ubuzima bukagenda bwanga twese turira
Njya nisanga mw’ibarabara nuko bikanga ko mpagarara
Ibyo bivura inzara inyota byose bikambangamira
Sinaronka icyo mfungura ntarinze gukorakora
Njye navutse kuri munjurumujuru niberaho kuri mujurumujuru
Ntampamvu yo kwishyira hejuru

[CHORUS: Inès Raguel]
Listen to my story (my story)
This is my story eh eh eh
Ntibyari byoroshe
(Ntibyari byoroshe)
Ntibyari byoroshe)
(Ntibyari byoroshe)
Ntibyari byoroshe ariko
Imana yarabanye nanjye


[VERSE 2]
Kuva kwiga mvuye ku ishuri ntaha mu ibarabara
Bijya bituma nanga ishuri ntoha ku marigara
Mbura ico nambara ikirenge cyari nk’ikirato
Mpuye n’umugenzi mugitanda cy’ikarato
Imana iramfasha mpura n’umubyeyi Josephina
Ansubiza kw’ishuri reka nawe namushime
Duhura na Sat ahita ambeshya ibyo kumfasha
Nsubira guheba ishuri ndamusanga mugisagara

Ubuzima buranga nsubira inyuma n’agahinda
Imana nitwa uwayo ndonka uwundi mubyeyi
Imana ihezagire Oscar ahita angarukana BJA
Nsubira guhura na Fizzo yari yaremeye kumfasha
Aherako ambwira soma washa washa haka umuriro
Mama ahari abyumvise umunezero uramwica
Akorora amarira, amagambo antera intimba niyo akunyibutsa
Ijambo ryiwa ryanyuma yambwiye ko agiye kundamutsa
Ashimire abimpinduriye umwana ubuzima

 

Ecouter

A Propos de "My Story"

Album : My Story
Année de Sortie : 2020
Copyright : © 2020 BANTUBWOY ENTERTAINMENT
Ajouté par : Florent Joy
Published : Mar 24 , 2020

Plus de Lyrics de KIRIKOU AKILI

KIRIKOU AKILI

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2025, We Tell Africa Group Sarl