HIMBAZWAMWAMI CHOIR Ndi Icyaremwe Gishya cover image

Paroles de Ndi Icyaremwe Gishya

Paroles de Ndi Icyaremwe Gishya Par HIMBAZWAMWAMI CHOIR


Niki cyadutandukanya
N’urukundo rwa Kristo, yadukunze
Niki cyadutandukanya
N’urukundo rwa Kristo, yadukunze
Niki cyadutandukanya
N’urukundo rwa Kristo, yadukunze
Niki cyadutandukanya
N’urukundo rwa Kristo, yadukunze

Ese ni amakuba
Cyangwa ibyago?
Ukurenganwa, cyangwa inzara
Ese ni ubuzima
Cyangwa urupfu ?
Kwambara ubusa cyangwa ubukene
Ntabyanone, ntabizaza
Byazantanya na Yesu
Ntabyanone, ntabizaza
Byazantanya na Yesu
Ese ni amakuba
Cyangwa ibyago?
Ukurenganwa, cyangwa inzara
Ese ni ubuzima
Cyangwa urupfu ?
Kwambara ubusa cyangwa ubukene
Ntabyanone, ntabizaza
Byazantanya na Yesu
Ntabyanone, ntabizaza
Byazantanya na Yesu

Ubuzima bwawe watanze
Nyo soko y’ubugingo
Ku bakwizera bose
Muri iyisi
Warababajwe birenze
Urengera inyungu zanjye
Warababajwe ndababarirwa
Ndashima, ayo maraso
Wavuye mwamiwanjye
Niyo yampesheje
Kuba umwana w’imana
Umutambyi w’ihoraho
Ishyanga ryera
Uwiteka yironkeye
Umutambyi w’ihoraho
Ishyanga ryera
Uwiteka yironkeye

Ubu ndi icyaremwe gishya
Ibyo mbicyesha
Umurimo Kristo yakoze  ku musaraba
Ubu ndi icyaremwe gishya
Ibyo mbicyesha
Umurimo Kristo yakoze  ku musaraba

Kuba narigijwe hafi, y’amasezerano
Njyewe wari mubi
Nibera mu byaha
Yesu ambonye ankuramo, aramfata
Icyo ni ikintu    
Cyinezeza umutima wanjye
Yesu ambonye ankuramo, aramfata
Icyo ni ikintu        
Cyinezeza umutima wanjye

Maze Yesu ambonye ankuramo, aramfata
Icyo ni ikintu        
Cyinezeza umutima wanjye
Maze Yesu ambonye ankuramo, aramfata
Icyo ni ikintu        
Cyinezeza umutima wanjye

Ibyo mbicyesha     
Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba
Ibyo mbicyesha     
Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba
Ibyo mbicyesha     
Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba

Ecouter

A Propos de "Ndi Icyaremwe Gishya"

Album : Ndi Icyaremwe Gishya (Single)
Année de Sortie : 2020
Ajouté par : Farida
Published : Aug 21 , 2020

Plus de Lyrics de HIMBAZWAMWAMI CHOIR

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl