Paroles de Amashimwe Par CHRISS EAZY


Harahiiye
A lit one
Yeah vayo vayo
Ni umuhungu wanyu fireman (tuff gang)
Ewuanaaa
Aobeats juri banger

Ni umuhungu wanyu fireman, nanone ugarutse
Umwe ubarabura ibyo isi yabahishe
Nzanywe n’amashimwe kurundi ruhande
Ruremabintu yadukuriyeho amande
Reka nshimire imana n’abantu bakeya
Babahungu twakuranye kubwa kera
Dusekerwa n’iminsi induhenera
Kibicanamo nicyo gituma icyo dupfana nkemera
Njya nibuka baduseka batuvuma
Aritwe baturiraho wamuruho wakavuna
Gusa, kutamenya ko uko barushaho kutuvuga
Aribyo byatumye tuvana amaboko mu mifuka
Gitare we wadukijije amadage
Kuko ubu byibuze ntawe tugisaba meranje
Mpaka umufana ubu barisiga amarange
Mbese ubu twarakomfirimye muri rusange

Ndashima adonai
Ndashima Ndashima adonai
Ndashima adonai
Ndasenga nkashima one more time
Ntacyo mbaye, rurema ntaho atamvanye
Ndashima rurema
Ndasenga nkashima adonai
Mana, Jehovah, rapha
Akira ay’amashimwe
Vayo

Urufunguzo rw’ubuzima mbona ari ahashize
Kuko ariho hagena uko ejo uzaba uri, umwa
Twarahanyuze twaranasebye ariko tuzirikana icyo ejo heza hacu kuri twe
Ntihazagire ukubwira ko birangiye, nabyumvishe kenshi mu buroko ndanangiye
Ubaye ubyakiye waba ukotoye
Jehovah, raphe, niwe wanshoboje
Abakatsi n’abantu bo byari byari byarabashobeye
Nanjye ndandika nigarura mu kibuga
Ndashimwa abanshyigikiye urwo rwobo nkarwambuka
Ntakure habaho imana itagukura
Ntandwara cyangwa ubukene itakuvura
Ntaburoko bubaho itagusura
Rurema we, sinabona nicyo nkwitura

Ndashima adonai
Ndashima Ndashima adonai
Ndashima adonai
Ndasenga nkashima one more time
Ntacyo mbaye, rurema ntaho atamvanye
Ndashima rurema
Ndasenga nkashima adonai
Mana, Jehovah, rapha
Akira ay’amashimwe yeah

Wakuze utekerezwa nkutatazakura rubanda
Bakunagaho itaka rurema akurwanaho
Sinzi impamvu aba bana babantu badashima
Ntako utagira ngo bakore k’umucyimba
Ikora byinshi ukigira nyoni nyinshi
Ngaho mbwira niba uwo mwuka uhumeka uwupesa
Wampaye byinshi, wandinze kenshi
Jehovah niwowe murinzi vayo vayo dushimane
Shukrani mana wowe wangize fireman
Uzahe abankomokaho kumenya ibyawe
Asante Baba, one more time
I say ewuanaaa, one more time

Ndashima adonai
Ndashima Ndashima adonai
Ndashima adonai
Ndasenga nkashima one more time
Ntacyo mbaye, rurema ntaho atamvanye
Ndashima rurema
Ndasenga nkashima adonai
Ndasenga nkashima adonai
A lit one
Vayo vayo
Ewuanaaa
Eeh harahiiye
Aobeats kuri

Ecouter

A Propos de "Amashimwe "

Album : Amashimwe (Single)
Année de Sortie : 2022
Copyright : ©Giti Business Group
Ajouté par : Farida
Published : Mar 17 , 2022

Plus de Lyrics de CHRISS EAZY

CHRISS EAZY
CHRISS EAZY
CHRISS EAZY
CHRISS EAZY

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl