B THREY Inzira cover image

Paroles de Inzira

Paroles de Inzira Par B THREY


X on the beat

Ndashinjwa imico mibi
Ibyana na emogi
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nibane nsabe ibi
Ndashinjwa imico mibi
Inzoga n’isegereti
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nihane nsabe ibi

Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba
Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba

Ukunde umuhungu umujyane umugire uwawe
Izo dage zimwirukaho ubwo zibanze zisare
Umugire umugabo nawe ubwo akubere umutware
Umutandukanye n’abandi umutima wawe unyurwe

My baby nkubikiye byinshi ntuzasiganwe n’iminsi
Ibyo bavuga byose urabizi ko bitabura hano turi kw’isi
Kuko utuye mw’isi nawe ntuzifate nkaho utabizi
Amagambo kugasozi abatwanga bazanyita n’umuhehesi
Kubera ko twihariye bazavuga bavuge ko twisariye
Ni benshi bibangamiye bakibaza uburyo nagupfiriye
Bari baniyahuye igihe babonye ko turikumwe
Ubu nawe ubinyemereye nakwereka uburyo tutarikimwe

Ndashinjwa imico mibi
Ibyana na emogi
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nibane nsabe ibi
Ndashinjwa imico mibi
Inzoga n’isegereti
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nihane nsabe ibi

Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba
Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba

Ukunde umuhungu umujyane umugire uwawe
Izo dage zimwirukaho ubwo zibanze zisare
Umugire umugabo nawe ubwo akubere umutware
Umutandukanye n’abandi umutima wawe unyurwe

Byose aguhe nk’umwamikazi murwe
Ganza utuze ibiganza tubihuze
Imitima hamwe ijuru ngo ribahe
Ubwira kane busiga twabaye umwe
Icyo ushaka ubu ngubu mbwira mbikore kare
Ibyawe n’ibyanjye
Kuva umunsi nkubona nabonaga umbereye
Muri rusange
Agaseko wansekeye nawe nabonaga ko bizavamo nanjye
Ninkukuntu wansezeyeho ntashye
Niyumvishaga ko nanjye ntatashye
Twahuje vibe and many more
Nuko nisanze mbirimo
Izindi ubu nterera hirya iyo
That can work even I won’t say any more
Nabifataga nk’imikino
Nasanze urukundo rwo rundimo
Impamvu bambeshyera ko ndimo
Kugukina ngutazi ibyurimo

Ndashinjwa imico mibi
Ibyana na emogi
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nibane nsabe ibi
Ndashinjwa imico mibi
Inzoga n’isegereti
Ngo nzajye kwa Padiri
Mpfukame nihane nsabe ibi

Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba
Ngaho nyereka inzira
Mbwira icyo ntarumva sha
Uy’umunsi uransanga I Bwami
Ndaca inkoni izamba

Ukunde umuhungu umujyane umugire uwawe
Izo dage zimwirukaho ubwo zibanze zisare
Umugire umugabo nawe ubwo akubere umutware
Umutandukanye n’abandi umutima wawe unyurwe

Ecouter

A Propos de "Inzira"

Album : Inzira (Single)
Année de Sortie : 2021
Ajouté par : Florent Joy
Published : May 01 , 2021

Plus de Lyrics de B THREY

B THREY
B THREY
B THREY
B THREY

Commentaires ( 0 )

Aucun commentaire pour l'instant



A propos de AfrikaLyrics

Afrika Lyrics est la plus large collection de paroles de chansons et de traductions d’Afrique. Afrika Lyrics fournit les paroles des musiques de plus de 30 pays africains et des traductions de lyrics de plus de 10 langues africaines en français et en anglais.

Suivre Afrika Lyrics

© 2025, We Tell Africa Group Sarl