DJ FIDDO Ntakabya se! cover image

Ntakabya se! Lyrics

Ntakabya se! Lyrics by DJ FIDDO


DJ Fiddo
First boy
First boy

Ku cyangwe njye ndayoboye
Reba wallet yuzuye money
Ndi King (weee)
Mbayoboje inkoni y’icyuma
Ndi bwuma (ndi bwuma)
Maze gutera irari ibyuma
Sinjya mberwa n’urubwa
Njya mbabona bivuga
Ndabara bariruma
Ndabatwika bakanavuduka
Mfite manu mfite isari
Waza nkakuremera
Harya ngo ndiyemera (uhm natiyemera..)
Kirabiranya akaba Mayor
Uhm ntakabya se

Yoo mpa beat nkore heat
Abana bo k’umuhanda turahiga tugacyesha
Reba uko mbigenza n’ibikorwa byanjye nibyo
Jyana ubwo busenzi urape ahandi iwacu si uko
Ubundi waza umbaza iki (iki iki) si game n’umuziki
Nariye isheni nyinshi uraho utuje disi hano turi kw’isi
Ni game y’abasani ni benshi mbona bagwa banywa bapfa
Covod iteza amapfa biraho turaho mbaza ibyabaraho
Baraho iwawe ngo isheni winjyosi wintch wimenera isosi
Tumbagira beach nigger wimbaza ubu shit
Hood barashonje uri muri conje
Ndakora cyane baza iwanyu na Mere yigonze
Sister kimurenge ubundi nanjye ntabirenze

Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ntakabya se ; Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ntakabya se, Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije

Imari z’I Kigali zatuma utoragura amashashi wee
Hukabirije gutwika twikururiye ibitarava gutwika
Bakabya kuba so LIT identity yaba ni LIGT
Ndakabirije bihinduka rogo amatara yaka ubururu
Mpinduye soft air muri hand air
Mbikoze nkana muruhuri
Nkurikiye umuheto apana mu gikari
Hahiye we (hadashya)
Nanakabirije (ndakabya se)
Burn them we go hurt them
A lit one is a vibrate
Hahiye weee

Ngobotse busyete ndasa nzimya league
Mpuye na Hip Hop mba nyihorobye busenke
Ikosa ni muceceke sindaza ni murepete
Ndi mwalimu ni murepete
Namaze gushyiraho agapata mwotse agataduwa
Njye sindubukomwe ububasha
Haaaa ayima nkurazi why
Nyita vu rihoze mwese mwese muze bose bose
Barakonjye kanda pause bose baze bote
Ndakabya se ndanamaze
Ndanakaze ndabatabye ntera cashe

Uwimana yasize amavuta after directore Phili moster
Katapila nyiri imyuka ndacyakora akazi bakazana icyuya
Mbikunda kurusha uko ubyumva bingana nko kwiba itunda
Babirapana nk’itunda ntakabya se nibyo mukunda
Mbikunda ndi kumwe na Papa
Mbikunda ndi kumwe na Mama
Kunda cyane ndikumwe n’umwana mucyumba
Duhana tugirana inama
Iyo bigeze mubajama ikirori gihindura ibara
Nka calling Mandela akampa shokora
Iryo joro ubwo nkidagadura

Ngo abahungu dukunda agakungu
Banadushinja ko turi abakungu
House party zibera ibipangu
Ntarungu ndi kumwe n’ikangu
Sizibi ninayo mpamvu kongwe
nagarutse nk’umuvumvu
mpakura ubuki mvanye mubyuki
Ninjye Sherif waka gace

Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ntakabya se, Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ntakabya se, Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije

Muri Capital hahora amabara
Niho usanga n’abadandaza magara
Fata ukora akazi kose ukamamara
Nicyagikabyo cy’abana bavutse ku matara
Ntakabya se sceen nziza niyo twahisemo
Amaniga ari mubikoresho  Popo Pisto zibikinisho
Hari na bamwe tubagize abagore
Bararongowe amayoga nayo ni amagome
Abahungu bararobera igihome
Batitaye kuri zangagari zigisome
Uhm umva mfite impamvu y’iminavu
Atleast aho kurya iminwa inkangu
Gusa wangu wibuke agakinirizo
Utazanananguka ku manywa y’ihangu
Hari abana banga kapote ngo niya Fooo
Ngo ibarya munda Kapo ndababuriye sapo
Mbatinya kubi njye I got my money and go
Umva ntakabya se uhm
Ntakabya se, Ntakabya se
Vayo vayo

N’ipusi ntiyasimbuka ipinda nisutsemo
Verse nanditse zirenze iby’isi mwirutseho
Ingaga muma cabo n’amaniga genyero
Burya dufite dinero buri umwe wese aba atubwira hello
Urabizi mikaza sukasa mfite drip zifite ubudasa
Agace ngezemo karashya kadashya se kadashya
Ntago mucyumva ubutumwa mwirengagije uburyo bituvuna
Muragenda mutereka suna kandi mu maso mufite ubutuna
Ngo ni gang pruu pruu babyina bazunguza amagruu
Nanga uburyo njye bakururuka bagenda ari nkaho bakurura inda
Ntibazi amateka y’ibyururuka nuburyo twisanze mw’uru ruganda
Haje abapetit bakorora niba utabizi ibyo birakurora

Banyita president winaha
Abaturage bagomba kubaha
Kuri za documents zeze ahangaha
Nkataho udukono nkutwibihaha
Nkomoka mukavumo ku miganda
Nkakata mumihana ntakwicara
OG kemo mpora kw’itara
Kuri bag y’umufungo njye nzasara
Kushi tuyicomera mumutaka
Wisky twayisimbuje amasaka
Turi mubicu bari kubutaka
Nka rutahizamu ngomba kwataka
100% kemozera ni G
G nta boro yagupasa for free
Can’t be me
Made ever ntihuje CV
Beat nzihoza kuri TV
Kuri TV ndigushyira hanze Hii
Ndigufunga K ndigukoma beat
Ndigukoma back ya cash kuri street

Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ndabikabirije
Ibintu ndabikabirije
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije

Ntakabya se, Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije
Ntakabya se, Ntakabya se
N’amatara y’I Kigali
Ninjye uyakije

Watch Video

About Ntakabya se!

Album : Ntakabya se! (Single)
Release Year : 2021
Added By : Florent Joy
Published : Mar 24 , 2021

More DJ FIDDO Lyrics

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl