Si Gutya Lyrics by HIGH VIBES GANG


Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya
Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya

[VERSE 1]
Si gutya si gutya si gutya ntuzatubone nka Gangsters
Kgl si nd’imbuzi mbaya ntan’amajagwa ni nywera agakawa
Ese ubona byo mbivanga nkata Nguvu na Kibamba
Si gutya tubaho Mama gusa twe dufite ibanga
Nubona ndi kuma Locks ntuzibwire ngo n’imyotsi
Kw’isi bazavuga byinshi kimwe kizabyara ibindi
Ubyibuhe ngo n’aga pig mugenzi yanyweye ikinini
N’ikirara gikora umuziki cunga neza kitakurya imbiriti

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
uko niko uri wikishinga self (self)
karoli ntabwo waba ahondi

[VERSE 2]
Nicyo burya ubu nasuye ngaho chilling n’abandi
Kubaho gutya birahenda nshuti yanjye banza ukoreshe ubwenge
Iphoto iphoto isaba kwiyima siko tubaho turasanzwe
Ibyubona bikagucanga disi ubimenye ubwo byanagukanga
Inkurita bayiboni (ri) abandi ibyo bavuga sinzi (sinzi)
Highvibes mubantu hervis mu rwanda
Uwaguha kubaho nkatwe ahari kigali yakubana akadomo
Haranira kuba uwo uriwe wishaka kumera nkanjye

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
uko niko uri wikishinga self (self)
karoli ntabwo waba ahondi

[VERSE 3]
Erega cyereka yoo ubanje kumenya ijyeno
Nubundi ncamo umuvuno wallah ntahandi wabisanga ino
Mpora kugatigito uncakira imvumo ugasanga ndi mumirimo
N’agakino ntandukanye nabari mubiro
Uzane izo Dhoo gukora izina biravuna nyamara burya si gutya
Nuko dushaka gukaba ibyacu babyumvana amagana
Ngaho mutuze murebe (rebee) Trap ibakome muhunge
Si gutya ubicyeka ubundaje gutya gutya niyo gimbuu

[CHORUS]
High vibes (niki?)
Ntabwo uyizi? (ndayizi)
Ndayifana njye nisiga n’amarangi (amarangi)
Basa neza shaa nk’ikofi (ice ice)
Icyutazi ntago ariko biri
Si gutya rekasha reba neza sha (yewe sha)
Sigutya tubaho reka movie sha
Uko niko uri wikishinga self (self)
Karoli ntabwo waba ahondi

Hoooya si gutya twe tubaho hoooya sigutya

Watch Video

About Si Gutya

Album : Si Gutya (Single)
Release Year : 2020
Added By : Florent Joy
Published : Sep 16 , 2020

More HIGH VIBES GANG Lyrics

HIGH VIBES GANG

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl