Tujye Gesenga Lyrics by HERVIS BEATS


Manika manika kandi rikakatira
Nawe nyamabara ibara ryakubera itara
Manika murika gana inzira ya Kiliziya
Kandi zirakora ntanu mu Papa ujya ukatira
Ese ujya wibuka ko umwami Yesu ajya abikora
Kandi iyo abikoze ko mbona ntani gikwama
Nyamara simpaka n’inama njye nakugiraga
Yicyaguhoza amarira kandi ibyo byose bigashira

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Tujye gusenga Imana idukureho umwanda

Imana ijya itaba inapanga
Rurema wenyine niwe nyirububasha
Njya mfasha nyirumuganda
Mukorere nzabone Imana
Sinzagoterwe mumahanga ndi
Mu isi Niger njyewe ndataha
Bigeze igice cy’urubanza
Munsengere njye mbonereyo kwanza
Satani nubwo ujya umwanga
Waratsinzwe ubu uri mukaga
Warakubiswe uri bazanga
Ubuzima ntacyo dupanga
Mparanira kubona ikamba
Amaso yanjye ni ku Mana

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Kubu konjye nari high ukaba
Umbwira ngo njye gusenga
Ese ubundi ubwo ibyo birarenze
Nsengeye aha ntiyabyumva
Wenda reka tugende wabona ibyo
Nsenga ari na Nyabingi
Plot irigara ndakwepye nsanze
Imana njye sinshaka Polisi
Maniga mureke izo high mukatire
Ibyaha tujyane gusenga
Twiyambaze Imana idushoboze amaso
yacu tuyahange umusaraba

Saba icyo ushaka iraguha ibyo
Itanga byose ni Mugura
Mvuye ama street nemeye icyaha ngiye gusenga

Uy’umunsi ni Sunday harya yebaba weee
Plot narimfite ese ubu nkatire wee
Muziko nibagiwe church Yesu wee
Satani wanyinjiriye toka ndakwirukanye

Tujye gusenga muze tujye gusenga
tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga
Tujye gusenga muze tujye gusenga

Watch Video

About Tujye Gesenga

Album : Tujye Gesenge (Single)
Release Year : 2019
Added By : Florent Joy
Published : Sep 18 , 2019

More HERVIS BEATS Lyrics

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl