BUSHALI Bitinze cover image

Bitinze Lyrics

Bitinze Lyrics by BUSHALI


Bitangira bitinze, Urukundo ni hatari
Rwigira aho rushaka
Bakajuga bapinze
Uti indege ni hatari kandi nijye ishaka
Ayayayaya
Urukundo rw’umurara utagira naho arara
Ayayayaya
Urukundo rw'umurara utagira naho arara
Ayayayaya, ayayayaya

[VERSE 1]
Urukundo ruransetsa, ruranyobera
Abazi urukundo niki tuzabimenya
Tuzagura imeta, Imeta reka
Baby nzabanza ngure pozo nzishyire igifu
Chérie oya genda nukanzanire ubufu
Icyambere nurukundo sikijya igifu
Kuba ubona ifunguro bigusabye ingufu
Nuziyice mumutwe ngo uhinduke ifuku
Urukundo ni hatari
Gukunda umwana wo Kugasima, Utagira imari
Kuva Monday mpaka Sunday
Twirira ibirayi
Twagafata nuko tukarenzaho amazi
Icyo utazi
Nuko njyewe nawe burya tudahuye
Ukunda ikirara kitagira aho kirara
Abakubonana nanjye bazakwita indaya
Ndabizi urukundo nirwushaka

[CHORUS]
Bitangira bitinze, Urukundo ni hatari
Rwigira aho rushaka
Bakajuga bapinze
Uti indege ni hatari kandi nijye ishaka
Ayayayaya
Urukundo rw’umurara utagira naho arara
Ayayayaya
Urukundo rw’umurara utagira naho arara
Ayayayaya, ayayayaya

[VERSE 2]
Ase nemere? Cg se nihebe?
Kubona umwana womubiryo yayamanitse
Izina nanditse, banyita imbobo
Wibuke ko ari nanjye mwami wo Mubiraro
Bitangira bitinze bakajuga bapinze
Gumya upinge, Umutima uwutsimbe
Sinafashe isuka minge
Ubu narumiwe
Inkono ihira igihe
Ubu nanjye ndahiriwe
Ngaho ibuka ahantu urikujya
Siheza namba
Amarira niyo usanga
Gaho guruka usige ubusa
Nurebe inyuma
Nibibazo nibisankabyo
Baby ndabyumva
Biragoye kumenya ugukunda
Kugasima ntawe, ninde unkunda?
Ndabizi nubwo utabikunda

[CHORUS]
Bitangira bitinze, Urukundo ni hatari
Rwigira aho rushaka
Bakajuga bapinze
Uti indege ni hatari kandi nijye ishaka
Ayayayaya
Urukundo rw’umurara utagira naho arara
Ayayayaya
Urukundo rw’umurara utagira naho arara
Ayayayaya, ayayayaya

 

 

Watch Video

About Bitinze

Album : Kugasima (Album)
Release Year : 2019
Added By : Afrika Lyrics
Published : Jul 26 , 2019

More BUSHALI Lyrics

BUSHALI
BUSHALI
BUSHALI
BUSHALI

Comments ( 0 )

No Comment yet



About AfrikaLyrics

Afrika Lyrics is the most diverse collection of African song lyrics and translations. Afrika Lyrics provides music lyrics from over 30 African countries and lyrics translations from over 10 African Languages into English and French

Follow Afrika Lyrics

© 2024, We Tell Africa Group Sarl